25,000 RWF raised
0.1%
26,000,000 RWF goal
Ended 3 years ago
*777*77*100120#
MUSENGIMANA Alice umaze Amezi arenga atanu arwariye mubitaro bya KANOMBE(RMH), arasaba umugira neza wese wakumva ikibazo cye kumufasha. Uyu Mu mama w’abana 5 akeneye inkunga ingana na 26,000,000frw kugirango ajyanwe mu Buhinde guhabwa impyiko kuko yabonye uzayimuha
USE OF FUNDS
MUSENGIMANA Alice ni umudamu ufite imyaka 47 y'amavuko afite ikibazo cy’uburwayi bw’impyiko zombi zangiritse, aho umugabo we ariwe Bimenyimana Charles yabashije kumuvuza kuva igihe yafatiwe mubitaro bitandukanye mu Rwanda ariko nyuma Abaganga bo mubitaro bya KNOMBE baza gutangariza umuryango ko kugirango akire aruko Washaka uwamuha impyiko hanyuma akajyanwa mu Buhinde kugirango bamushyiremo indi .Umuryango wa Alice wakoze ibishoboka mu bushobozi bwabo kugira ngo babone uwamwerera kumuha impyiko none ubu baramubonye. Ubu akaba amaze amezi 3 ari kuri Dialyse mubitaro bya KANOMBE none Kuri ubu batangaza ko nta mikoro bafite yokwohereza umurwayi mu Buhinde kugirango bamuguranire impyiko. Inzobere zabaganga zababwiye ko kugirango bajye mu Buhinde bizabasaba 26 000 000 frw kandi bakamarayo ukwezi. Ni muri urwo rwego basaba inshuti n'abavandimwe kuba babatera inkunga bakabasha kubona ayo mafaranga yabageza mu Buhinde . Murakoze kubwo inkunga yanyu, Imana ibahe umugisha.
No donors yet
CAUSE TEAM AND CONTACT
You can reach out on +(250) 783 546 266 Or bimenyicharles123@gmail.com