30,723 RWF raised
0.7%
4,535,750 RWF goal
Ended 4 years ago
*777*77*200029#
Muri iki gihe mu bitaro hagenda hagaragara ikibazo cy'abantu barwaye uburwayi bwa karande na kanseri Ku buryo bamara igihe kirekire bafata imiti.
Bakeneye ubushobozi bwo kubona inyongeramirire n'ibikoresho by'ibanze mu buzima kandi Wowe Nanjye twagira icyo tubafasha!
USE OF FUNDS
Uburwayi bwa karande na kanseri n'uburwayi bugoye cyane,ushobora no gutangira kubwivuza rwose ufite ubushobozi ariko intege zigushirana ndetse bikagufata igihe ubushobozi kuwutangiye kwivuza abufite bugenda bumushirana.
Tekereza rero usanzwe nta n'ubushobozi afite!?
Mu bibazo byakirwa kenshi Ku bantu bafata imiti mu gihe kirekire hagaragaramo kuba hari abayihagarika kubera ko:
1.Babuze ubushobozi bwo gusubira Ku kigo cy'ubuvuzi,
2.Babuze imbaraga z'umubiri kubera ikibazo cy'imirire ituzuye,
3.Babuze urukundo kubera ko biyumva bonyine akenshi imiryango yabo yarabataye cyangwa yarabarambiwe.
Aba Bantu rero bakeneye inkunga yawe nanjye kugira ngo bamenye ko batari bonyine,babone ubufasha bw'ibyabafasha kubona imbaraga z'umubiri,basurwe bitabweho ndetse bahabwe n'iby'ibanze mu buzima birimo n'ibikoresho by'isuku.
No donors yet
CAUSE TEAM AND CONTACT
You can reach out on +(250) 783 007 205 Or amafrika2019@gmail.com