Cause Cover Image is not available!
By
500 RWF raised
0.1%
1,000,000 RWF goal
Ended 3 years ago
*777*77*200251#
Nk’uko kuwa 30 Mata 2022 Nyakubahwa Chairman wa RPF INKOTANYI yabivugiye muri Congress yahuje abayobozi batandukanye b’umuryango yavuze ko ari imwe Mu ngamba zigomba guhita Zishyirwa Mu bikorwa

USE OF FUNDS

Ubushakashatsi bwakozwe ku kibazo cy’abana bo mu muhanda bwagaragaje ko mu mijyi minini y’igihugu harimo inzererezi 22882 aho abarenga 91% muri bo ari abahungu. Ubu bushakashatsi bwamuritswe na Komisiyo y’Igihugu ishinzwe abana kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Gicurasi 2022. Bwakozwe hakorwa igenzura mu bice byose by’igihugu cyane mu mijyi minini ikorerwamo ubucuruzi. Amakuru kuri aba bana yatanzwe n’abayobozi b’inzego z’ibanze, abayobozi b’ibigo byita ku bana b’inzererezi 29 ndetse n’ibigo by’igororamuco (Transit Centers). Abana 22882 nibo byagaragaye ko bari mu muhanda barimo abahungu 22621 n’abakobwa 1261. Muri aba bose, umubare munini ni uw’abana bari hagati y’imyaka 11-14. Harageze rero nk’umuryango ngo dutange umusanzu wo gufasha Aba bana kubahindurira ubuzima mu buryo butandukanye, harimo kubaha aho kuba, kubafasha kwiga,.... Ibi bikorwa bizibanda ku bana bo ku muhanda bo Mu karere Ka kayonza Na Rwamagana. Murakoze

No donors yet

CAUSE TEAM AND CONTACT

You can reach out on +(250) 728 999 999 Or kyvesmurenzi@gmail.com
 
Save Plus Logo
Copyright ©2025 exuus
  • ···
  • Save
  • ···
  • Blog
  • ···
  • User Agreement
  • ···
  • Privacy Policy
  • ···
Contact us at support@saveplus.io